12 batawe muriyombi bazira gucuruza imiti itemewe
Ikigo gishinzwe ubuzima mubwongeza hatawe muri yombi abakekwaho gucuruza imiti itemewe harimo nimeze nkibiyombyambwenge igabanya uburibwe abayikoresha bakunze kuvugako ijyana furi ariko igira ibibazo cyane cyane kubabaye imbata yo kuyikoresha, bigira ingaruka kumitekerereze, kwiheba, yagiza imikorere y' ubwonko bafashe kandi nibindi binini bimeze nkabyo , leta yubwongereza yabihagurikiye tayali 12 bari mumaboko atari ayabo, ibinyamakuru mpuzamahanaga byinshi byanditse iyi nkuru. Nomu Rwanda hagakwiye gutangizwa izi ngamba doreko iyo miti iri kwangiza urubyiruko mu isi muri rusange
Comments
Post a Comment
Leave a Comment