DRC ibya Congo iri guha USA amabuye y' agaciro ngo ikureho M23 byakomeje kugorana
Umujyanama wa Donald Trump Massad Boulos ntago untumwa za Flex Kisekedi zamusanze I Washington zabashije kumwumvisha umugambi bafite wo guha amabuye leta zunze ubukwe za America nazo zikabarindira umutekano zikabakurira umutwe wa M23 ahantu wafashe
Nyuma Yuko perezida wa Kongo agomeje kwa ibiganiro numutwe wa M23 agahitamo inzira yo kurwana Ari gukoresha uburyo bwose bushoboka kugirango akureho uyu mutwe. Yazanye ingabo zaba biligi nabo ubu tutaramenya nimba bashoboye kurwana. None ubu Ari kwingingira leta zuzunze ubumwe za America kuyifasha kurwanya uyu mutwe nabo bagacukuru
Bamwe mubasesengura politike babona impamvu Leta zunze ubumwe za America zitari guhita zemera ibyo ko byaba bisa nibinganganye nibindi bihugu bikomeye nka china na Russia nabyo bifiteyo sosiyete zicukura Kandi gucungira umutekano Congo bihenze kurusha ko babobana amabuye muburyo basanzwe bayaguramo
Comments
Post a Comment
Leave a Comment