DRC ihuriro rya Alliance Fluvial du Congo/M23 Twirwaneho iteguje Inama yigitaraganya
Mu ijoro ryo kuwa 4 rishyira kuwa 5 muri Mata 2025 nibwo hamenyekanye urupfu rwabantu 10 bumuryango umwe, bishwe ningabo zirwana kuruhande rwa Congo zitwa Wazalendo Kandi bibera muduce M23 igenzura.
Gusa leta ya Congo ikimara kubimenya yahise yitanguranwa I hita isohora itangazo babyamagana.
Gusa Alliance Fluvial Congo/M33 ubu yihuje na twirwaneho nayo yahise itangaza ko itaza kwihanganira ubu bwicanye leta ya Congo iri gukorera abaturage.
Comments
Post a Comment
Leave a Comment